Presentation is loading. Please wait.

Presentation is loading. Please wait.

GUKIZA ABANA,URUBYIRUKO N’ABANTU BAKURU INGARUKA ZITEWE N’IHUNGABANA

Similar presentations


Presentation on theme: "GUKIZA ABANA,URUBYIRUKO N’ABANTU BAKURU INGARUKA ZITEWE N’IHUNGABANA"— Presentation transcript:

1 GUKIZA ABANA,URUBYIRUKO N’ABANTU BAKURU INGARUKA ZITEWE N’IHUNGABANA
RWANDA 27-29 , UKWAKIRA 2008

2 ABAHUGURA Carly Raby Maarit Brooks Avura akoresheje gushushanya
Umufasha ku bijyanye n’amarangamutima Umuyobozi mukuru wa Luna Impuguke yigenga ku bijyanye ’Uburenganzira bw’Abana – Mu Ubwongereza Maarit Brooks Umuganga w’umuryango Umufasha ku bijyanye n’amarangamutima Akorera Bristol, mu Bwongereza nk’Umuganga w’umuryango Trainers

3 Tuziga iki? Ubuzima bwo mu mutwe Ibyo dukenera by’ibanze
Uburyo ubwonko bwacu bukora Inyitozo iruhura Ihungabana Kuvura Ihungabana ku bantu bakuru n’abana Uburyo bwo gushyiraho umwanya wo kuvura Kubaka abaturage What will we learn?

4 KUWA MBERE 9h00: Intangiriro ku Ubumuntu wahawe (HG)
9h30: Ubuzima bwo mu Mutwe n’ibikenewe by’ibanze 10h35: Akaruhuko 10h50: RIGAAR – Uko bategura ikiganiro 12h00:IFUNGURO 1h00: Ubwonko busanzwe n’Ubwonko bw’ubuhanga 1h30: Kuyobora ibitecyerezo (Abantu bakuru) 2h15: Umwitozo 2h45: Akaruhuko 3h00: Kuyobora ibitecyerezo (Abana) 3h45: Umwitozo 4h30: Kungurana ibitecyerezo 5h00: Gusoza Monday BURI MUGOROBA - CARLY NA MAARIT BARABONEKA GUSUBIZA IBIBAZO CYANGWA KUNGURANA IBITECYEREZO

5 KUWA KABIRI 8h30: Kuhagera no kwitegura
9h00: Ihungabana -Abakuru/Abana 9h45: Gusubiza inyuma kubantu bakuru n’uburyo bikorwa 10h15: Kureba Video 10h50: Ibibazo 11H00: Akaruhuko 11h20 : Imyitozo mu gukorana n’Abakuru usubiza inyuma 12h00: Ibibazo 12h15: IFUNGURO 1h15: Gusubiza inyuma ku Abana n’uburyo bikorwa 2h15: Ibibazo 2h25: Imyitozo 3h15: Ibibazo 3h25: Akaruhuko 3h50: Gusobanura aho kuboba ibyibanze bihurira n’uburyo bwo kuyobora ibitecyerezo no kuvura ihungabana n’uburyo byuzuzanya. 4h30: Ibibazo /Gusoza Tuesday BURI MUGOROBA -CARLY NA MAARIT BAZAJYA BABONEKA GUSUBIZA IBIBAZO CYANGWA KUNGURANA IBITEKEREZO

6 KUWA GATATU 8h30: Gusubiza inyuma ku Abana - Imyitozo
9h00:Kuhagera no gusubiza ibibazo ku imunsi ya hashize. 9h30: Inkuru Healing stories 11h00: Akaruhuko 11h15: Indoto n’Inzozi mbi 11h45:Kwitoza kuyobora ikiganiro (RIGAAR) 12h45: Ibibazo, gufashwa no guhabwa ibyavuyemo 1h00: IFUNGURO 2h00: Kubaka abaturage 3h30: Kubaza muri rusange 4h00/ 5h00: ( Gasubizaho akanya katakaye n’ibibazo) Gusoza Wednesday

7 Gushyiraho iby’ibanze
Umunsi wa Mbere Gushyiraho iby’ibanze Day 1 - Foundations

8 Ubuzima Bwo mu Mutwe Uko bimeze mu Bwongereza
Impamvu abantu batabona iby’ibanze mu Bwongereza Uko bimeze mu Rwanda Impamvu abantu batabona ibyibanze mu Rwanda N’iki duhuriraho n’ingorane dusangiye? Mental Health 09:30 – 10:35 Introduction of self/ Luna-Carly Introduction of self/ HG-Maarit Carly-UK Maarit-Rwanda Maarit similarities

9 Ibikenewe by’Ibanze Ibyo kurya bihagije Amazi meza Aho kuba Umutekano
Kuvurwa Kwiga Basic Needs Carly

10 Ibikemewe ku maranga mutima
Umutekano Kugira inshuti imwe y’ingenzi Kugira ikiduhuza n’abandi Uko umeze Ubushobozi no kugera kuntego Kwiyobora no kuyobora abandi Kwitabwaho Kwiherera Kumva ufite ucyo uvuze /umaze Emotional Needs (needs of the mind) Carly

11 Umutekano Safety

12 Inshuti imwe y’ingenzi
One important relationship

13 Kugira ikiguhuza n’abandi
Connection to other people

14 Imibereho Status

15 Ubushobozi no kugera ku intego
Competence and achievement

16 Gushobora kwiyobora no kuyobora abandi
Control

17 Kwitabwaho Attention

18 Kwiherera Privacy

19 Kugira agaciro Meaning

20 Ubushobozi twifitemo nk’abantu
Ubushobozi bwo kwibuka no Kwibagirwa Ubushobozi bwo guhura n’abandi bantu Gutecyereza/kurema ikintu mubitekerezo Ubwonko bw’ubuhanga Ubushobozi bwo kumenya Isi tuyigereranije Kureba ibintu muburyo bwagutse Ubushobozi bwo kurota Our Human Resources Maarit

21 Ubushobozi twifitemo nk’abantu
Gukora imyitozo y’ibintu bifatika. Our human resources exercise Maarit/ Carly

22 Akaruhuko Break 10:35 – 10:50

23 RIGAAR – Modeli yo Kuvura
K: Kubaka uburyo bwo guhura G: Gukusanya amakuru K: Kwiha intego K: Kugera/gukoresha kubushobozi dufite K:Kumvikana kuri gahunda mugatangirana nayo G: Gusubira muri gahunda no gutsinda RIGAAR – Therapy model 10:50 – 12:00 Structuring a session-Carly

24 K:Kubaka uburyo bwo guhura
Kuba hamwe mu kuvugana Uko ku maso hameze Kujyanisha n’uburyo ingingo z’umubiri zigenda . R: Rapport building Carly

25 G:Gukusanya amakuru N’ikihe kibazo? Cyatangiye ryari? Imbaraga?
Uko ubuzima bwifashe ubu? N’inde wafasha? N’iki kitaragerwaho ku maranga mutima, kubera iki? I: Information gathering Carly

26 K:Kwiha intego Mwumvikane ku ntego z’ubuvuzi muburyo burambuye
Intego nziza iba Ijyana heza Ishobora kugerwaho Ituma ibyibanze bigerwaho G: Goal setting Carly

27 K: Kureba ubushobozi afite
Gereranya/reba imbaraga z’uwo muntu Bibutse gutsinda kwabo n’ibyo bagezeho Hari abandi bantu bamufasha? A: Accessing resources Carly

28 K:Kwemeranya kuri gahunda no kuyikurikiza / kuyitangira
Kora gahunda ishoboka yo kuvura no gukira Iyo gahunda irimwo: Gutanga amakuru Imyitozo iruhura no gutecyereza ajyana kubyiza Inkuru zivura/zikiza Kuvura ihungabana A: Agree a plan and start with it Carly

29 K:Kwitoza iyo gahunda no gutsinda
Saba uwo ufasha gukoresha mu ibitekerezo R: Rehearse the plan and success Carly

30 Shyira mubikorwa - Uburyo bwogufasha bwitwa RIGAAR
Practice - RIGAAR Facilitation Carly Facilitate

31 IFUNGURO Lunch 12:00 – 13:00

32 Ubwonko busanzwe / Ubwonko bw’ubuhanga
Simple Brain/ Clever Brain 13:00 – 13:30 Maarit

33 “Ubwonko Busanzwe” … “Ubwonko bw’Ubuhanga”
Itandukanyirizo mu mikorere y’Ubwonko bw’Ubuhanga n’Ubwonko Busanzwe Ubwonko busanzwe nibwo bukuru (Imyaka amamiliyoni), ariko sibwo buhanga – Bwakorewe gushobora gukiza umuntu muburyo bushoboka bwose Ubwonko bw’Ubwenge ni bushya, kandi burayunguruye, bigatuma habaho intego no gufata ibyemezo bifatika ushingiye kukuri guhari “SIMPLE BRAIN” … “CLEVER BRAIN” Maarit

34 “Ubwonko Busanzwe” Amarangamutima mabisi / atayunguruye
Kuturaburira ahari ikibi Kukoma imbarutso kucyakorwa vuba kugirango tubeho Simple Brain

35 “Ubwonko bw’Ubuhanga”
Gutekereza Gukora gahunda Gushobora kwibuka Guhura n’abandi Kwita kubandi Clever Brain Maarit

36 Gutekereza neza – Imikorere yizana mu muntu
Thinking Clearly – Autonomic Nervous System Maarit © by Prentice-Hall, Inc.

37 Gutangiza imyitozo iruhura Kuvura ukoreshe kuyobora ibitekerezo
Kurangiza / gusoza kuyobora ibitekerezo GUIDED IMAGERY 13:30 – 14:15 Maarit

38 Gushyira mubikorwa – Kuyobora mu bitekerezo umuntu mukuru
Practice - Adult Guided Imagery 14:15 – 14:45 Maarit

39 Akaruhuko Break 14:45 – 15:00

40 Kuyobora Ibitekerezo – Bikoreshejwe / Bijyanye n’Abana
Abana bagira ingufu kurusha abantu bakuru, kwicara rero kuribo ntibibaruhura Ntibakunda kwicara bafunze amaso – baratinya ntibizere umuntu mushya bari kumwe Abana bakunda gukina bisanzwe kugirango bakore inkuru Guided Imagery – Adaptation for Children 15:00 – 15:45 Carly

41 Kushyira mubikorwa - Kuyobora ibitekerezo mu bana
Amabwiriza yo gushyira mubikorwa – K’Umujyanama Toranya ibintu bitatu cyangwa bine Bishyire kurupapuro rw’impande enye Mukanya gato ,ngiye kukubwira izina/inyito y’inkuru Urankreramo inkuru, ukoresheje ibi bintu, kandi ugomba kuyivuga vuba wihuta mu buryo ushobora - urumva? Ndaguha izina numa nkome mu mashyi – nibwo uri butangire - witeguye? Izina ry’inkuru ni ………(rigomba kuba rifunguye, urugero ‘Umunsi umwe hava izuba’, ‘ijoro rimwe’ n’ibindi) …… Ukome mumashyi Noneho ugatega amatwi (ukumva uko awuvuga n’icyabaye muri iyo nkuru y’umwana) Umwana yahagarara, uka mushimira ukamubaza ibibazo kugirango wumve ko wakurikiye inkuru neza (reka umwana ariwe ukuyobora ) Ukureho bya bintu Practice - Child Guided Imagery 15:45 – 16:30 Carly

42 Ikiganiro/kungurana ibitecyerezo
WIBUKE Buri gihe ko umwana agomba kuba ariwe uyobora Ibimuza mu bitekerezo byose n’ibyo bikora inkuru nziza - Ntuyiseke Ntuyihe ibisobanuro-reka igume ari inkuru gusa Mwogeze umutere imbaraga , mugihe akubwira inkuru Baza ibibazo kunkuru irangiye, bituma umwana akubwira byinshi (icyangombwa n’uko ariwe uyobora) Ibuka ko bigomba kuba binaruhura , bisetsa umwana Wimuhata ibibazo birenze! Ntukore kubintu batoranije Nyuma wibuke uko inkuru yagenze,ibyabaye,n’ibihe bintu yatoranije, byakoze iki, uko ibindi by’iyumvise n’ibindi. Discussion 16:30 – 17:00 Carly

43 Ibibazo Questions

44 Gusoza Close 17:00

45 Umunsi wa 2 Kuvura Ihungabana Day 2 Trauma Treatment

46 Gusubiramo iby’umunsi wa 1
Revision of Day 1 Carly

47 IHUNGABANA Kurwana Guhunga Kugangarara/kugwa ikinya
UBWONKO BUSANZWE NIBWO BUKUYOBORA KUKO KUREHA IKIBI KANDI BUGAKORA N’UBURYO BWO KUROKOKA : Kurwana Guhunga Kugangarara/kugwa ikinya Trauma Carly

48 FIGHT Gukorana ingufu Guhitamo Fight Carly

49 Guhunga Gukora n’imbaraga Guhitamo Flight Carly

50 Kugwa ibinya Byarangiye Nta mahitamo Igihe cy’ubwoba bwinshi cyane
Gusa n’urota aho buri kintu kiyandika/kishushanya mu bitekerezo nk’ifoto Freeze

51 Uburyo Ihungabana ritugiraho ingaruka?
Kongera kuribamo (ibishushanyo, ibitekerezo , mu ndoto, ibyabaye kukugarukamo, umunaniro) Kwirinda icyakwibutsa kubyabaye bibi (abantu, ahantu,ibiganiro) Kunva ntacyo ukeneye - (gutandukana no kugashishikarira kubana n’abandi) Gihindagurika mu myifatire (umujinya,umunaniro, kutaguma hamwe, kudasinzira neza) Kubabara no kuribwa mu nyama Guhitwa Guteraguzwa k’umutima Umutwe Umubabaro ukabije Kurakazwa n’ubusa Kudakurikira neza How does trauma affect us? Maarit

52 Ihungaban n’Abana Akenshi Abana :
Birabagora kwizera uwariwe wese ahubwo bakizirika ku babyeyi aba barera cyangwa umuryango Gusinzira birabagora (Garota nabi) Kwibuka amashusho mabi y’ibyabaye Gukurikira bikabagora Kumva ashanyaraye Gutaka kenshi ko “ababara munda”/ “Ababara umutwe” cyangwa kumva atameze neza mu mubiri ‘’ Gukina ibyabaye kenshi abisubiramo,ariko ntacyo bimumariye Ubona imihindukire mumyitwarire uko ubona isi biba byarahindutse Ubwoba no guhangayika agatinya kugenda wenyine cyngwa kujya ahamwibutsa ibyabaye bibi Gutakishimira abyabashimishaga mbere TRAUMA AND CHILDREN Carly

53 Kuvura Ihungabana – Tekinike yo Gusubiza imyuma
Umunyu azi neza ibyo ari mugukora Singombwa gusobanura ibyabaye Buri kintu gikorwa muburyo bwo guhimba mu bitekerezo/kurema Ikora vuba No mubihe bikomeye by’ihungabana ry’ihohoterwa ryavurwa TRAUMA TREATMENT – REWIND TECHNIQUE Maarit

54 Ihungabana na tekinike yo Gusubiza inyuma
Imyitozo iruhura Kuyobora ibitekerezo Gusubiza inyuma Ihungabana Gusoza kuyobora ibitekerezo TRAUMA REWIND TECHNIQUE Maarit

55 Gusubiza inyuma Ihungabana – uko bikorerwa abantu bakuru
Trauma Rewind – Adult Demonstration Maarit

56 Kwerekana uko bikorwa Demonstration Maarit

57 Filime yo Gusubiza inyuma Ihungabana ku bantu Bakuru
Adult Trauma Rewind-Film Maarit

58 Ibibazo Questions

59 Akaruhuko BREAK

60 Gusubiza inyuma Ihungabana – Abana
Umwana aba ayobora byose muri icyo gihe Ntakeneye gusobanurirwa ibyabaye, keretse babishatse Byose bikorwa muguhimba no gukina Iyi tekinike ikora vuba cyane No ku ihungabana rikomeye /guhohoterwa byavurwa Ni tekinike ishimisha ubwayo bigatuma abana bayikunda / bakunda iki gikorwa KORA IBINTU MUNKURU.INKURU (uva ahari umutekano – ujya – kuw’undi mutekano). GUSUBIRA INYUMA (Kuva ahari umutekano ujya aho uri ).Subiramo kenshi . Zana mo ibindi bintu bishya . Inkuru itandukanye , itanga ibisubizo bitandukanye.Shushanya/ muganire .Gusoza. Trauma Rewind - Children Carly

61 Kuvura Abana Ihungabana – Bishyirwa mubikorwa
Trauma Treatment Children-Demonstration Carly

62 Umwitozo - Gusubiza inyuma ku bana
Kora ibintu mu inkuru Inkuru (umutekano – kugeza - kumutekano) Subiza inyuma (umutekano – kugira - umutekano) Subiramo. Zana/ injizamo ibindi bintu. Inkuru itandukanye ivamo ibintu bitandukanye/shushanya/ mubivugeho/Gusoza Practice - Child Rewind Carly

63 Akaruhuko BREAK

64 Imikoranire ya za tekinike mugukiza neza
Kubina ibikenewe Kuyobora ibitekerezo Kuvura Ihungabana Bishobora gukorana mu kuvura Ihahamuka Partnership of techniques for successful treatment Carly

65 Ibibazo Questions

66 Gusoza Close

67 Umunsi wa 3 Gushyira mubikorwa Day 3 Practice

68 Gusubira mubyo umunsi wa 1&2
Revision of Days 1 & 2 Maarit

69 Inkuru Uburyo bwo guha agaciro isi Uwenge Kuyobora Gukina Gutekereza
Gukira Stories Maarit

70 Gukoresha Inkuru mu Gukiza
Inyitozo iruhura Kwiga Amakuru afasha Kubona uburyo ibishya Gushobora guhimba - “Kuva mu isi ikomeye” Umwanya wo kubona ibintu mu rumuri rushya rutandukanye USING STORIES FOR HEALING Maarit

71 Uko wabona inkuru ikwiye?
Kumva inkuru zabo Kumenya umuntu Kwiga imyifatire yabo Kumva injyana iri mu inkuru bavuga Guhitamo icyo bakeneye kumva Gutegura uko utanga ubutumwa “Kwambika” ubutumwa kugirango babwakire neza How to find the right story? Maarit

72 Reka bisanzure Ntuzigere usobanura inkuru
Reka uteze amatwi guhutamo ubutumwa mu inkuru – wibi muhatara ! Reka habeho ubwisanzure Allow freedom Maarit

73 Kuvuga inkuru Story Telling

74 Akaruhuko Break

75 Kurota n’Inzozi mbi Reka abana n’abantu bato bashushanye ibyo babonye mu nzozi barota, hanyuma mubiganireho, bibiha ubusobanuro “ijwi” kuguhangayika kuri mu mitwe yabo. Babaze uwo bashushanyije , niba hari uwo batoranije kubarengera /kubarinda. Bashishikarize kongeraho umuntu cyangwa ikintu mu gishushanyo cyabo wo kubarinda maze mubiganireho. Ushobora kubona za nzozi mbi zirekeye aho. Ibi bifasha umwana gukora ku bimuhangayikishije mubiganiriye bakagira umutekano. Dreams and Nightmares Carly

76 Igice cyo Gushyira mu bikorwa1:1
Gushyira mubikorwa uko bayobora ikiganiro (RIGAAR) Imyitozo iruhura Kuvura Ihungabana Kubona ibyibanze Practising the facilitation of a session (RIGAAR) Maarit

77 Ibibazo, gufasha no gutanga ibisobanuro
Questions, support and feedback

78 IFUNGURO Lunch

79 Kubaka Abaturage Community Building Carly

80 Kubaka Abaturage Umunota kuri buri muntu Izina Kyo ukora
Ubundi bushobuzi ufite Ibindi byo wafashish’ abantu Nundi munota Mushobora gukorera hamwe mute? Community Building Carly

81 Ibibazo muri rusange General Questions

82 Twize iki? Ubuzima bwo mu Mutwe muri rusange
Ibijyanye n’ibikenewe by’ibanze Uko ubwonko bwacu bukora Imyitozo iruhura Ihungabana muri Rusange Kuvura Ihungabana ku bakuru n’Abana Uko wakora ikiganiro kivura Kubaka abaturage What have we learnt? Maarit

83 Gusoza Close

84 All logos below represent organisations who have contributed, in different ways, towards this training taking place this year ARCT-RUHUKA REACH Rwanda

85

86 Ifarashi y’umutego

87 Hasigaye 5 min

88 Muhinduranye

89


Download ppt "GUKIZA ABANA,URUBYIRUKO N’ABANTU BAKURU INGARUKA ZITEWE N’IHUNGABANA"

Similar presentations


Ads by Google